in

Cristiano Ronaldo na Erik Ten Hag umubano wabo wongeya kumera neza

Mu minsi yashize icyamamare mu guconga ruhago Cristiano Ronaldo yari ari mu bihano yashyizwemo n’umutoza we Erik Ten Hag utoza ikipe ya Manchester United nyuma y’aho uyu musore Cristiano Ronaldo yasohotse muri stade umukino utarangiye.

Gusa ubu Cristiano na Ten Hag umubano mwiza wagarutse kuko mu kiganiro n’abanyamakuru, umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag yemeje ko Cristiano Ronaldo ari mu itsinda ryitegura FC Sheriff muri Uefa Europe league kuko yari yahagaritswe umukino umwe.

Yagize ati “Ntibigoye, twarabikemuye, twashatse ibisubizoby’ibibazo bihari.” gusa abakuricyiranira hafi iby’umupira bavuga ko Cristiano Ronaldo atishimiye kuba mu ikipe ya Manchester United dore ko ajya asimbura byanarimba ntagere no mu kibuga, ngo ibi byose bishobora gutuma azava muri iyi kipe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakunzi b’abanyarwenya Mugisha na Rusine nimwe mutahiwe

Reba impamvu itangaje ituma abagabo bahorana stress bikundira abagore banini.