in ,

Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira

Mu gihe ikipe ya Real Madrid iri mu bibazo bikomeye aho iheruka gustindwa mu mukino wa Classico ibitego bigera kuri 3, rutahizamu wayo Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira aho ashobora kujyanwa muri Gereza.

Nkuko ikinyamakuru Mundo Deportivo cyabitangaje ngo umuyobozi w’umutwe ushizwe imisoro muri Espagne yasabye ko Cristiano Ronaldo yafungwa nyuma yuko bigaragaye ko yaba yaranyereje akayabo ka miliyoni 14 zose z’imiroso. Uyu muyobozi akaba yagize ati :”Twafunze abantu banyereje ibihumbi 125 gusa sinumva impamvu we tutamufunga.

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu magambo asize umunyu, AY yongeye gutera imitoma umunyarwandakazi bateganya kurushinga

Miss Igisabo yifuje umugabo abasore barwana inkundura