in

Cristiano Ronaldo ari mu gahinda gakomeye nyuma y’ibyo umukozi we yakoreye imodoka ye

Cristiano Ronaldo ari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko imodoka ye yo mu bwoko bwa Bugatti Veyron yakoze impanuka ikomeye.

Ibi byabaye ku munsi w’ejo hashize ku wa Mbere tariki ya 20 Kamena 2022, aho byabereye mu karere ka Sa Coma mu gace ka Palma de Mallora muri Espagne.

Amakuru avuga ko Cristiano Ronaldo atari we wari utwaye iyi modoka ahubwo ari umukozi we waruyitwaye, aho kubera umuvuduko yagonze igipangu.

Uyu mukozi Nta kibazo yigeze agira uretse ko imodoka yangiritse ku kizuru cyayo ahagana imbere.

Iyi modoka ya Cristiano Ronaldo ihagaze miliyari 1.6 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 1.5 y’amayero)

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birababaje: Ibyo inkende zakoreye umubyeyi wari uri konsa umwana we biteye agahinda

Kugira ngo hatazagira umutereta, umugabo yashyize inenge ku mugore we