imikino
CoronaVirus yatumye Liverpool ihomba abakinnyi babiri bakomeye

Ikipe ya Liverpool nimwe mu makipe yavugwa ko ashakisha abakinnyi babiri bo mu Budage aribo Timo Werner ukinira ikipe ya RB Leipzig ndetse na Kai Havertz wa Bayer Leverkusen, gusa aba bombi nta numwe muribo izabasha kugura kuko ubu Werner ategerejwe mu ikipe ya Chelsea naho Kai we akaba ari hagati ya Bayern na Real. Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp akaba yatangajeko icyoreze cya CoronaVirus kiri mu byatumye Liverpool itabasha kuba yagura umwe muri aba bakinnyi byibuze.
Mu kiganiro yagiranye na sky Allemagne Klopp akaba yashimangiye ko Werner na Kai ari abakinnyi beza cyane gusa ko kuri ubu ikipe ya Liverpool itari kubasha kwinjiza amafaranga ahagije ku buryo yaba yabagura, akaba kandi yongeyeho ko kuba nta mufana numwe uzakandagira ku kibuga cya Liverpool igihe corona izaba igihari biri mu bituma ubukungu bw’iyi kipe butifashe neza muri iyi minsi.
-
inyigisho21 hours ago
Bimwe mu bintu bibi umukunzi wawe ashobora kugukorera ukababara cyane kurusha kumufata aguca inyuma.
-
Imyidagaduro23 hours ago
Ndimbati bamuguyeho atetse igikoma kubera gahunda ya Guma mu Rugo |Asekeje abantu imbavu zirashya(VIDEO)
-
Imyidagaduro24 hours ago
Miss Vanessa ati « nakorewe mu ijuru nteranyirizwa muri Afurika »
-
Imyidagaduro18 hours ago
Miss Jordan Mushambokazi mu munyenga w’urukundo n’umusore bitegura kurushinga
-
Imyidagaduro23 hours ago
Kechapu wo muri Bamenya yerekanye imodoka ihenze asigaye agendamo|Yavuze icyo akundira ShaddyBoo |yakebuye ba SlayQueen (VIDEO)
-
Izindi nkuru11 hours ago
Umugore wakundanye na Barack Obama akaza kumubenga akomeje kwicuza.
-
Imyidagaduro7 hours ago
Umwe mu bafana ba #Sugira yamusabye ko yamutera inda nyuma yuko ahesheje #intsinzi #Amavubi
-
imikino20 hours ago
Abakinnyi 11 b’Amavubi bashobora kubanza mu kibuga ku mukino w’uyu munsi bamaze gushyirwa ahagaragara