in

Claudette ukora INAMA Y’UMUNSI yahaye ukuri abasore barongora badafite amafaranga

Umunyamakuru Claudette Nsengimana wamamaye mu kiganiro Inama y’umunsi gica kuri Radio Isango Star, yabwije ukuri abasore barongora badafite amafaranga. Ni mu kiganiro Claudette yagiranye n’imwe mu ma televiziyo akorera kuri YouTube.

Nkuko Claudette yabitangaje yavuze ko umusore ufata icyemezo cyo gushaka umugore aba agomba kuba afite amafaranga kuko umugore yitwa Umufasha w’umugabo bityo rero ntabwo umugore w’umugabo udakora yakwitwa umufasha kandi ntacyo gufasha umugabo we gihari kuko umugabo we ntacyo akora.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Twagize ubwoba tubonye uko uyu munyarwandakazi yabaye, nta muntu n’umwe ukimwikoza||yifuza uwamutera inda(AMAFOTO).

Numenya ibi bintu 10, uratangira kunywa ikawa buri munsi !