in

Clarisse Karasira yakoze ubukwe n’umukunzi we mu birori biteye ubwuzu (AMAFOTO)

Nyuma y’igihe umukunzi w’umuhanzikazi Clarisse Karasira amwambitse impeta, kuri ubu bamaze gushyingiranwa nk’umugabo n’umugore.

Clarisse Karasira n’umukunzi we Ifashabayo Sylvain bemeranyije kubana nk’umugabo n’umugore mu bibi no mu byiza, mu muhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Gicurasi 2021, aho basezeraniye mu rusengero rwa Christian Life Assembly ruherereye i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali.

Muri ubu bukwe bwabo bari bashyigikiwe n’ababyeyi babo, inshuti zabo z’akadasohoka n’abavandimwe.

Mu bantu bazwi bitabiriye ubukwe bwabo barimo umuhanzikazi Mariya Yohana, Nyiranyamibwa Suzanne, Mariya Uwanjye Mukuru wa Mutamuliza Annonciata [Kamaliza] wari uhagarariye umuryango wabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nabuze umukobwa wanyemera||barantoteza bakanyita ingona(birababaje).

Inkuru ibabaje kuri Miss Mwiseneza||ibimubayeho mu rukundo birababaje cyane.