in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Christopher yageneye Bruce Melodie ubutumwa bukakaye.

Umuhanzi Muneza Christopher umwe mu bahanzi nyarwanda bakomeye yahaye ubutumwa mugenzi Bruce Melodie uherutse gukoresha igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10 amaze mu muziki.

Christopher na Bruce Melodie basa n’abanjiriye rimwe mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, gusa bamwe bakekaga ko uko basaga n’abahanganye no mu buzima busanzwe ariko biri.

Christopher yavuze ko Bruce Melodie ari inshuti ye cyane ndetse aherutse no kuririmba mu gitaramo cye aherutse gukorera muri Kigali Arena.
Avuga ko ubutumwa yamugenera ari uko na we (Christopher) yagarutse muri muzika kuburyo atazaha agahenge Melodie.

Yagize ati:” nari naramuhaye imyaka ibiri gusa,ubu nagarutse ubu ngiye kongera kumubuza agahenge.”

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo y’urukundo umufasha wa Tom Close yabwiye umwana we 😍😍

Clarisse Karasira n’umugabo we bari kurira ubuzima muri Amerika(AMAFOTO)