in

Chriss Eazy nyuma yo gusohora inana tayari indi hit yaje

Chriss Eazy wasohohoye indirimbo inana ikaba hit mu Rwanda ndetse no hanze yarwo kuri ubu ari gufata amashusho y’indirimbo ye nshya.

We na Manager we Junior Giti batajya batandukana umunyamakuru Murindahabi Irene ya basanze aho bakoreraga iyi ndirimbo bamubwira ko igiye gukora ibirenze ibyo inana yakoze.

Basabye abafana babo ikintu gikomeye cyo kubashyigikira nabo bakabaho indirimbo nziza kandi ziryoheye amatwi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Adil Mohammed wa APR FC yasabye abafana ba APR FC ikintu gikomeye cyane

Abakinnyi 5 bakomeye ku isi batazitabira igikombe cy’isi muri Qatar