in

Chriss Eazy, Bruce Melodie na Elements Eleeh bagiye gushyira hanze indirimbo nshya yabo bombi igiye gutitiza imbuga nkoranyambaga – VIDEWO

Abahanzi nka Chriss Eazy, Bruce Melodie na Elements Eleeh baciye amarenga ko hari indirimbo nshya bagiye gushyira hanze igiye gutitiza imbuga nkoranyambaga.

Junior Giti ureberera inyungu z’umuhanzi Chriss Eazy, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, yasangije abamukurikira amashusho y’aba bahanzi bombi bari gutunganya amajwi y’iyi ndirimbo, atangaza ko ari indirimbo nshya yaba bombi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yari agaragiwe nk’umwamikazi! Cecile Kayirebwa yakoze igitaramo ariza abantu benshi bitewe n’indirimbo nyinshi yaririmbye abantu bari baziko banyirazo batakiriho kandi ari ize ariko batabizi – Amashusho

Abanyeshuri bo muri Maranyundo nabo muri st André bakoze robo ihinga ikanamena amazi mu murima (kuhira) – Amashusho