in ,

Chris Brown yahishuye amwe mu mabanga yari afitiye Rihanna mu gihe bari mu rukundo( yumve hano)

Umuhanzi Chris Brown wigeze gukundana igihe kinini na Rihanna yahishuye amwe mu mabanga yari amufitiye mu gihe bari mu rukundo.

Chris Brown na Rihanna

Chris Brown yavuze ko mu gihe yakundanaga na Rihanna urukundo rwabo rwashinze imizi cyane ko yari agiye no kumusaba kuzamubera umugore. Icyatumye Chris Brown atandukana na Rihanna ahanini ni uko Rihanna yabeshyeraga Chris Brown ko amubeshya kandi ko ibyo akora byose abikora ku giti cye ntareke abigiramo uruhare nk’umukunzi we.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyabaye kuri Jennifer Lopez ni agahomamunwa (isomere)

Irebere amafoto agaragaza ubwiza budasanzwe bwa Hotel Lionel Messi yaguze