in

Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan yavuze ikintu Yvan Buravan yakundaga kumubwira nicyo yamukundiraga cyane

Chiffa Marty wamamaye cyane kubera ko yari mu rukundo n’umuhanzi Yvan Buravan yahishuye ikintu Yvan Buravan yakundaga kumubwira ndetse anavugaicyo yamukundiraga cyane. Ni nyuma yuko umwe mu bafana ba Yvan Buravan yari abajije Chiffa nyuma yuko Chiffa asabye abamukurikira ko bakubaza ibibazo bitandukanye maze nawe akabasubiza.

Chiffa yavuze ko Yvan Buravan yakundaga kumubwira ko agomba kwiga hanyuma avuga ko icyo yakundaga kuri we ari ibintu byose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore batatu bakina umupira w’amaguru biga muri kaminuza imwe bose bapfiriye rimwe

Reagan Rugaju nyuma yo kuvugana na Adil Mohammed yamennye umuceri hasi, ngo Adil arifuza hafi Miliyari ku ikipe ya APR FC byakomeye