in

Chelsea yinjiye mu rugamba rwo gusinyisha rutahizamu wa Manchester United Cristiano Ronaldo

Umuherwe mushya wa Chelsea, Todd Boehly yabonanye n’uhagarariye Cristiano Ronaldo, Jorge Mendes ku munsi w’ejo.

Ibiganiro byabahuje kwari ukureba ukuntu Cristiano Ronaldo yava muri Manchester United akaza muri Chelsea ibarizwa mu mugi wa London.

Cristiano Ronaldo akunda Man Utd gusa ariko afite ikibazo cy’ukuntu iyi kipe itari kugura abakinnyi bazayifasha umwaka utaha.

Manchester United yo irashaka kugumana uyu Rutahizamu ukomeye cyane mu bo isi yagize.

Nta muntu wari wamenya nimba The Blues izashira imbaraga nyinshi kuri uyu mu papa w’imyaka 37.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kapiteni wa Manchester United Harry Maguire yakoze ubukwe n’umugore we Fern Hawkins babyaranye (Amafoto)

Abanyeshuri barenga ibihumbi bitanu baririmbiye Lionel Messi ku isabukuru ye y’amavuko (Amafoto)