in

Casemiro yateranye amagambo n’abavuze ko akurikiye amafaranga muri Manchester united

Kuri ubu umukinnyi mushya wa Manchester united nyuma yo gutukwa cyane bikomeye kubera kuva muri rwal Madrid yubakiyemo izina akajya mu ikipe ya Manchester united.

Ni umukinnyi werekanwe kuri uyu wa mnere i Manchester nyuma yo gusezera mu marira menshi cyane mu ikipe yari amazemo imyaka 9 kuva 2013 avuye iwabo muri Brazil.

Uyu mukinnyi yavuze kuri bamwe bavuze ko ajyanwe no gushaka amafarang ahagije muri Manchester united akaba ariyo mpamvu yemeye kuva Santiago barnabeau akajya old Trafford.

Yagize ati “iriya ni ikipr nini kandi y’inzozi zange, kuba ngiye kuyikinamo ni experience kubwo kuzajya no gukina mu yindi ahampiyona”.

Uyu mukinnyi yatwaye ibikombe bitanu bya champions league ndetse antwara laliga eshatu na coper de lay imwe ubwo yakinaga muri real Madrid kandi yari umwe mu nkingi za mwamba.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Kellia yakuyeho urujijo ku rukundo na Element

Yolo The Queen yakurugutuye amatwi y’umutekamutwe washakaga kumwibira konti ye ya instagram