in

Casemiro aho gusezerwa nk’umwami, yatutswe bikomeye

Umukinnyi w’umunyaBrazil wagiriye ibihe byiza muri Real Madrid ndetse akanabafasha kwegukana ibikombe byinshi, aherutse gufata umwanzuro wo kerekeza muri Manchester United mu bintu yatekerejeho igihe gito gishoboka.

Nubwo hari bamwe mu bafana hahise bavuga ko bari bakimukenye, hari n’abandi bamushimiye uko yitanze ndetse banamwifuriza amahirwe masa kugira ngo azahirwe.

benshi mu  bakinnyi bamaranye igihe kinini bo muri Brazil ndetse n’abamwegereye bakinanaga baramwegereye bamusaba kutagenda.  Mina Bonino, umukunzi wa Fede Valverde, yahaye ubutumwa bukomeye uyu mukinnyi wo hagati ndetse anakoresha amagambo yo gutukana kugira ngo agaragaze ko atishimiye.

Yanditse ati “wigenda gicucu”

Tugenekereje mu kinyarwanda mu rwego rwo kumusaba kutava muri iyi kipe ariko byarangiye ubu n’umukinnyi mushya wa United.

Si uyu gusa Casemiro yegerewe n’abantu benshi bamusaba kutava mu ikipe ya real Madrid ngo ajye muri Manchester united ariko aranga aratsemba. Akaba ahasanze Cristiano Ronaldo ndetse na Raphael Varane bakinanye igihe kirekire muri real Madrid.

Group ya Casemiro, Modric na Kroos ni imwe muri group yahuje mu mikinire ndetse ugashimisha abantu benshi cyane kuri iyi si ndetse bakaba barumvikanaga.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bwiza yavuze umuhanzi ukomeye bakorana indirimbo mu Rwanda||umusore yifuza

Shaddy Boo yisabiye abahanzi n’ibyamamare gukora igikorwa ndashyikirwa byakirwa neza mu bantu