in

Byose biva mu gusenga! Bushali yavuze ibanga akoresha kugira ngo yitware neza kuri buri rubyiniro agiye gutaramiraho

Umuhanzi Bushali uherutse gususurutsa abanya-Musanze mu gitaramo cya ‘MTN Iwacu Muzika Festival’ yahishuye ko hari isengesho akunze gusenga buri gihe mbere yo kujya ku rubyiniro, yemeza ko ariryo rimufasha kwitwara neza.

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’icyo gitaramo, Bushali yavuze ko isengesho asenga ariryo rimufasha ku rubyiniro.

Yagize ati “Isengesho ryanjye mbere yo kujya ku rubyiniro rihora risa, mfasha nk’uko wamfashije nkabikora ukampa impano, mfasha impano yanjye ikomeze yaguke, ibyo ngiye gukora hano mbikore kandi bishimishe umuntu wese ugiye kubibona kandi nanjye binshimishe.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yishyuye uwamuteye inda! Mu Rwanda, Umugore witwa Jacqueline yavuze ukuntu yishyuye umugabo kugira ngo amutere inda nyuma yo kubura uwamukunda uko yari ari

Musanze! Ibisambo byigabye ku banyeshuri ba Kaminuza birabacyucyura gusa nyuma y’icyo gikorwa ibyabibayeho byatumye biri kwicuza icyatumye bakora ibyo bikorwa