in ,

Byiringiro Lague yatunguwe n’umugore we maze Lague na we kwifata biranga aramwishyura

Byiringiro Lague yatunguwe n’umugore we maze Lague na we kwifata biranga aramwishyura.

Byiringiro Lague yatunguwe n’umugore we ku isabukuru ye y’amavuko maze amubwira amagambo adasanzwe.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Umugore wa Lague bamaze kubyarana umwana umwe, Isla, yatakagije umugabo we wagize isabukuru y’amavuko.

Mu magambo ye yagize ati: “Sinabona amagambo ahagije yagushimira ibyiza wankoreye. Warakoze kumbera umugabo w’agatangaza, isabukuru nziza Papa Isla.

Nyuma yo kubona ibyo Lague na we ntabwo yatanzwe ahubwo yahise amusubiza aho yagize ati:” Urakoze mugore wanjye [Yarengejeho agatima ndetse n’akantu kagaragaza ko bafatanye]”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nonese mwabuze ayo kubaka stage! Tour De Burundi ikomeje gutangaza benshi nyuma yo kubona uburyo abatsinze bahembwamo n’aho baba bahagaze

Barambarana! Inkumi y’i Nyarugenge yageze mu cyumba cya Davido ubwo yari mu Rwanda yazamuye urwego nyuma yo kugirana ibihe bidasanzwe n’uwo muhanzi