in

Byashoboka ko yagaruka kurya inoti z’i Kigali! Rutahizamu Michael Sarpong wamwenyuzaga aba Rayon ubu uwamwifuza yamutwarira ubuntu

Rutahizamu ukomeye cyane w’Umunyagana uzwi nka Michael Sarpong wanyuze muri wanyuze mu makipe akomeye hano my Rwanda ndetse agasiga ayandikiyemo ibigwi ubu uyu mukinnyi ari ku isoko.

Michael Sarpong ya yuze mu makipe akomeye hano mu Rwanda nka Rayon Sport yatsindiye ibitego bynshi ndetse na As Kigali.

Kuri ubu uyu rutahizamu Sarpong yatandukanye n’ikipe yakinagamo yo mu gihugu cya South Africa yitwa SekhukhuneFc.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I Huye habereye impanuka y’imodoka yagonze bamwe mu bari bagiye mu bikorwa byo kwamamaza umukandida wa FPR INKOTANYI abenshi bagasiga ubuzima

Rayon Sports idafite umutoza igiye kongera kwesurana na Nyamukandagira mu kibuga muri sitade ya mbere hano mu Rwanda