in

Byasabye ko bishyira hamwe: Hamenyekanye ibigo bikomeye cyane byishyize hamwe na Beckham kugira ngo begukane Lionel Messi

Rutahizamu wa mbere ku Isi Lionel Messi wamaze gutandukana n’ikipe ya Paris Saint Germain yari amazemo imyaka igera kuri ibiri ubu ari gushakishwa bikomeye n’amakipe atandukanye hirya no hino ku Isi.

Mu gihe bigaragaye ko gusubira mu ikipe ya FC Barcelona bikomeje kugorana ubu hari amakuru avuga ko Apple na Adidas bashyize hamwe n’umuherwe David Beckham kugira ngo bareshye rutahizamu Lionel Messi akaba yakerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwatubyaye ni umuyobozi nyawe! Ibitaravuzwe byatumye abakinnyi ba Rayon Sports birengagiza ubukene maze baritanga kugeza ubwo begukana igikombe imbere ya APR FC

Agiye i Burayi: Phil Peter ibitaramo byamubanye akavagari ku mugabane w’i Burayi