in

Byari agahinda n’amarira mu muhango wo gushyingura ba bana babiri bishwe batewe ibyuma na nyina, se wabo yabuze kwihangana ararira anasakuza cyane

Byari agahinda n’amarira mu muhango wo gushyingura ba bana babiri bishwe batewe ibyuma na nyina, se wabo yabuze kwihangana ararira anavuza cyane.

Mu minsi yashize nibwo umugore witwa Christine Karimi yishe abana be babiri abateraguye ibyuma.

Abishwe ni Amani Otieno w’imyaka 6 na Tyrell Agogo w’imyaka ibiri.

Mu muhango wo gushyingura aba bana wabaye mu mpera z’iki cyumweru, se wabo Andere bitterly yasutse amarira ubwo yari ari mu modoka agiye gushyingura abana be.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imbwa ziragwira: Mitsutsu yahuye n’imbwa izi ururimi rw’Ikinyamurenge ubundi harashya (Amashusho)

Nta kure cyane Imana itagukura: Ihere ijisho ifoto ya Fata Kumavuta mu mwaka wa 2010 urumirwa (Ifoto)