in

Byamushimishije cyane! Hakim Sahabo w’ikipe y’igihugu Amavubi wakiniraga Lille yo mu Bufaransa, yamaze gusinyira indi kipe ikomeye ku Isi

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi, Hakim Sahabo wakiniraga ikipe ya Lille yo mu Bufaransa, ubu yamaze gushyira umukono ku masezerano mu ikipe ya Standard Liege.

Sahabo yishimiye gusinya imyaka 4 muri iyi kipe, akazajya akina mu ikipe ya 2 ya Standard de Liege yo mu Bubiligi, ariko ari hafi cyane y’ikipe ya mbere.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aratsinda aracenga mu kibuga ntacyo adatanga! APR FC itegereje i Kigali umukinnyi karundura ukomoka mu gihugu cya Colombia witiranwa na CR7

Ibyayo ibikora bucece: Ikipe ya APR FC yamaze kwibikaho umukinnyi ukomoka ku mugabane uzwiho kugira impano zidasanzwe ku Isi (Amafoto)