in

Byakomeye:Miss Teta mu magambo akomeye ngo uramuhishira akakumaraho urubyaro

Miss teta witabiriye miss rwanda ariko akaba ataragize amahirwe yo kuyegukana mu kiganiro yagiranye na mie ya Murindahabi iren hari nibyo yatangaje kuri prince kid.

Uyu mu miss kuri ubu ufite uruganda ari mu na miss kandi bari bafite imishinga myiza nubwo atageze kure .

Mu kinagiro kirekire bagiranye uyumukobwa byagaragaye ko adakunda ubuzima buri ku karubanda.

Uyu mukobwa bamubaza kubya prince kid kuri ubu ufunze yirinze kugira byinshi atangaza kuri icyo kibazo gusa ngo biramutse aribyo kwaba ari uguhishira umurozi akakumaraho urubyaro, ubu we yizeye ko hazaboneka ubutabera bwuzuye ntakubogama.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Pasiteri wabaye igisambo ruharwa akomeje gutangaza abatari bake ku mbuga nkoranyambaga (amashusho)

Yannick Mukunzi na Iribagiza Joy ibyabo bihora ari bishya