in

Byakaze noneho! U Rwanda rwaje mu bihugu bitatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru (URUTONDE)

Mu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru cyane.

Nkuko urutonde rwa Banki y;isi rubitangaza,ibihugu byinshi ku isi bihanganye n’ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa ku isi ahanini byabuze kubera impamvu zinyuranye.

Kuri uru rutonde,igihugu cya Libani kiza ku mwanya wa mbere mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru,gikurikirwa na Misiri mu gihe u Rwanda ruza ku mwanya wa 3 mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddyboo nyuma yo kubona uburyo KNC yagaragaje ubutwari bwe yahise afata icyemezo cya kigabo n’abandi bantu bahita bamuyoboka

Yazikuragamo mu buryo budasanzwe: Hagaragaye amashusho y’uburyo Ntwari Fiacre yakuragamo penaliti zatumye ikipe ye isezerera Mamelodi Sundowns -VIDEO