in

Bwiza yavuze umuhanzi ukomeye bakorana indirimbo mu Rwanda||umusore yifuza

Umuhanzikazi Bwiza umaze kwamamara mu Rwanda kubera indirimbo ze yagiye ashyira hanze zikanyura benshi yahishuye ko ahawe gukorana indirimbo n’abahanzi bo mu Rwanda yahera kuri Bruce Melodie

Yagize ati:” Hagati ya Bruce Melodie , Meddy na The Ben nakwifuza gukorana na Bruce mbere y’abandi “.

Abajijwe ku umusore yifuza guahyingirana na we Bwiza yahishuye ko atashyingirwa n’umusore asumba.

Ati:“Ntabwo nakundana n’umusore nsumba pe “

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto; Jennifer Lopez yakoze ubukwe ku nshuro ya kabiri n’umugabo we

Casemiro aho gusezerwa nk’umwami, yatutswe bikomeye