in

Bwiza yatangaje itariki azashyirira hanze album ye

Umuhanzikazi hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya Bwiza akaba ageze kure imyiteguro yo gushyira hanze album ye.

Uyu muhanzikazi Bwiza yavuze ko iyi album izajya hanze ku wa 10 Kanama 2023.

Iyi album iriho indirimbo zitandukanye zirimo “Monitor” yakoranye na Niyo Bosco “Mutima” yakozwe na Tell Dhem n’izindi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuba n’imirabyo bizakubitira icyarimwe! Umuhanzi Oda Paccy yatanze ikinyarwanda cyeruye

“Wowe ukize inzu nziza n’imodoka ufite biri hehe nk’abandi se?” Shaddy Boo yihaye ibyo kubwira abantu ko impamvu badatera imbere ariko bajagaraye maze nawe bamwibutsa ko abo bari mu kigero kimwe bujuje inzu zigeretse