in

Bwa mbere mu mateka Juno Kizigenza agiye guhurira mu ndirimbo imwe n’ibihangage muri muzika nyarwanda

Umuhanzi Juno Kizigenza umaze kubaka izina cyane mu muziki nyarwanda agiye guhurira bwa mbere mu ndirimbo imwe n’umuhanzi Bruce Melodie ndetse na Kenny Sol.

Juno Kizigenza agiye guhirira mu ndirimbo imwe na Bruce Melodie wahoze ari umuyobozi we na Kenny Sol mu nzu ireberera inyungu z’abahanzi yitwa Ibitangaza Music iyi ndirimbo bagiye guhuriramo yiswe “Igitangaza” ikaba izagaragara kuri Alubumu nshya yuyu musore yise “Yaraje” igizwe n’indirimbo 17.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamaze gusohoka inkuru mbi ku bakunzi ba Rayon Sports

‘Umudayimoni w’ubutinganyi ukomeje kwera’ Umuhanzikazi Taylor Swift yabonye uwo yitaga umukunzi we ari gusomana n’umusore mugenzi ahita akora ibyo benshi bishimiye(ifoto)