in

‘Umudayimoni w’ubutinganyi ukomeje kwera’ Umuhanzikazi Taylor Swift yabonye uwo yitaga umukunzi we ari gusomana n’umusore mugenzi ahita akora ibyo benshi bishimiye(ifoto)

‘Umudayimoni w’ubutinganyi ukomeje kwera’ Umuhanzikazi Taylor Swift yabonye uwo yitaga umukunzi we ari gusomana n’umusore mugenzi ahita akora ibyo benshi bishimiye(ifoto)

Nyuma y’ukwezi kumwe Umuhanzikazi Taylor Swift, avugwa mu rukundo n’umuririmbyi w’Umwongereza, Matty Healy w’imena mu Itsinda riririmba Pop, rya The 1975; batandukanye nyuma y’aho uyu musore agaragaye asomana n’umusore mugenzi we.

Ni inkuru yatangajwe na TMZ, yagaragaje inkuru y’urukundo rw’aba bombi rwamaze kugera ku ndunduro ariko icyatumye rurangira rugitangira ikaba itamenyekana.

Matty Healy wari umaze ukwezi akundana na Taylor Swift aheruka kugaragara asomana n’umugabo mugenzi we, wari ushinzwe umutekano mu gitaramo yakoreye muri Denmark.

Uwo yitaga umukunzi yasomanaga n’umusekirite.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere mu mateka Juno Kizigenza agiye guhurira mu ndirimbo imwe n’ibihangage muri muzika nyarwanda

Byarangiye: Mike Trésor wari witezwe mu Mavubi amaze guhamagarwa n’igihugu cy’igihangajye ku Isi muri ruhago