in

Bwa bwato buhenze cyane bwa Sheebah karungi bwarohamye burashya.

Mu minsi ishize nibwo twabagejeho inkuru yuko umuhanzikazi Sheebah karungi ukomoka muri Uganda yaguze ubwato buhenze cyane azajya akoresha mu bikorwa byo kwinezeza, kuri ubu biravugwa ko ubu bwato bwarohamye bugashya.

Ubwato buhenze cyane bwa Sheebah Karungi. 

Umupolisi wo muri Uganda akaba umuyobozi mu mutekano wo mazi mu nyanja ya Victoria, yemeje ko ubwato bwa miliyoni nyinshi bwa Sheebah Karungi bwarohamye ku nkombe z’ikiyaga cya Victoria hafi ya Mulungu muri Munyonyo, ni ibyabaye mu gitondo cyo kuri wa Kane, bwibasiwe kandi n’umuriro igice kimwe.

Umuyobozi mukuru wo mu nyanja, Mohamad Zawawi Abdullah yagize ati: “Ubwato bwarohamye mu gitondo Tariki ya Mbere Mata, ahagana mu ma saa kumi n’imwe za mu gitondo cyangwa saa kumi n’ebyiri gutyo. Twashoboye kugenzura umuriro wafashe ubwato bishobora kuba byaratumye ubwato burohama.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Batangiye kunsambanya mfite imyaka 15 bantera inda|ndumva ntacyo maze nshatse napfa|umva agahinda k’uyu mwari.

Umuhanzi yiguriye isanduku azahambwamo,anatangaza ko afite amatsiko y’umunsi azapfiraho.