in ,

Bushali n’umugore we w’igitonore bageze mu bukwe bwa Kimenyi na Muyango bahakorera udukoryo batitaye ku bari kubareba

Mu bukwe bwa Miss Muyango Claudine ndetse n’umukinnyi Kimenyi Yves bwabaye kuri uyu wa 6 taliki 6/1/2024 bwitabiriwe na bimwe mu byamamare bitandukanye gusa muri ubyo byamamare hari bamwe bagiye batungurana.

Muri abo twavuga nka Bushali wari waserutse ari kumwe n’umugore ndetse bakaba bari mu barangaje benshi kubera ubwisanzure n’urukundo berekanaga.

Muri ubu bukwe kandi harimo byamamare bitandukanye nka Kevin kade, Kenny Sol, Dj Brianne wari uri kuvanga imiziki ndetse n’abandi benshi.

Reba Amashusho ya Bushali n’umugore we mu bukwe bwa Kimenyi na Muyango

https://www.instagram.com/reel/C1xou8lsQB0/?igsh=YWYwM2I1ZDdmOQ==

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi yaretse ruhago ajya kwibera kimyozi ‘umwogoshi` muri Canada (Amafoto)

Uko byagenze kugira ngo urukiko ruhe umugore uburenganzira bwo kuvoma intanga z’umugabo wari umaze kwitaba Imana (umurambo)