in

Uko byagenze kugira ngo urukiko ruhe umugore uburenganzira bwo kuvoma intanga z’umugabo wari umaze kwitaba Imana (umurambo) 

Umugore w’imyaka 61 yatse urukiko uburenganizra bwo guhabwa intanga z’umugabo we w’imyaka 61 wari umaze kwitaba Imana.

Ku makuru dukesha ikinyamakuru The Guardian avuga ko uyu mugore wo muri Australia yagiye gusaba intanga zuyu mugabo wari uwe kwa muganga nyuma y’uko akoze impanuka ndetse igahita imuhitana.

Gusa abaganga banze kuzivoma umugabo ngo bazimuhe ni uko maze uwo mugore ahita afata iyambere ajyana ikirego mu rukiko rw’ikirenga, bamaze kumva ishingiro ry’ikibazo cye bamuhaye uburenganzira busesuye bwo guhabwa intanga ziturutse mu mugabo we.

Mu busanzwe uyu muryango wari ufitanye abana bagera kuri babiri 2 gusa bose bishwe n’impanuka.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bushali n’umugore we w’igitonore bageze mu bukwe bwa Kimenyi na Muyango bahakorera udukoryo batitaye ku bari kubareba

Israel Mbonyi akomeje gutungurwa n’imibare y’indirimbo ni nasiri ikomeje gutumbagira ubutitsa