in

Burya wa mwana amashuri ayarusha abagabo b’ubwanwa: Gilbert wamamaye kubera gusesengura ruhugo nka Rugaju avuze umwaka wa mushuri yigamo abarimo Kwizigira bagwa mu kantu

Burya wa mwana amashuri ayarusha abagabo b’ubwanwa: Gilbert wamamaye kubera gusesengura ruhugo nka Rugaju avuze umwaka wa mushuri yigamo abarimo Kwizigira bagwa mu kantu.

Imanishimwe Gilbert wo mu Karere ka Nyaruguru wamamaye cyane binyuze ku mbuga nkoranyambaga by’umuhariko Ishusho Tv ageze muri sitidiyo za radio Rwanda abajijwe umwaka w’amashuri yigamo atangaza ko arangije mu wa mbere segonderi (Senior One) akaba agiye kujya mu wa kabiri.

Ibi bitangaje abarimo umunyamakuru Kwizigira Jean Claude kubera ko yacyekaga ko byibura uyu mwana ashobora kuba yiga mu mashuri abanza azwi nka Primary nko mu wa gatanu none ari gusatira gukora Ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakunzi be muzamukumbura: Umuhanzi Davido yeruye atangaza igihe azahagarikira kuririmba gusa abantu batunguwe n’uburyo ari vuba cyane

“Ni abantu batanyurwa”: Bwa mbere Ndimbati agize icyo atangariza abanyamakuru kubijyanye no kuba atita ku bana yabyaye byanatumye RIB imuhamagaza gusa ibyo atangaje biteye agahinda