in

Burya wa mugore w’imyaka 50 ugiye kurushingana n’umusore w’imyaka 23 afite umusore mukuru||akorewe ibirori bitangaje|ararize

Mu nkuru yacu iherutse twabagejejeho uburyo uyu mudamu witwa Jeanne ufite imyaka 50 akundana na Promese w’imyaka 23 ndetse bakaba bitegura kurushingana ,ibintu bikomeje gutangaza benshi.

Fabrice na Promese bari mu kigero kimwe.

Jeanne na Promese kuri ubu bakomeje kugenda bagaragarizanya urukundo ruhambaye, aho noneho kuri iyi nshuro bakoreye ibirori bikomeye by’isabukuru y’amavuko, umuhungu w’imfura wa Jeanne  witwa Fabrice na we ugaragara nk’aho ari mu kigero cya Promese dore ko bitana abavandimwe.

Fabrice n’umubyeyi we

Bafatanyije na GASARO TV batunguye uyu musore ,wanafashwe n’amarangamutima ararira ,ubwo yakataga umutsima(gateau) wari wanditse ngo “Fabrice turagukunda”,ndetse akaba yatunguwe n’iki gikorwa yakorewe n’uyu muryango witeguye kubana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mugabo, nubona iyi myifatire ku mugore wawe uzamenye ko atishimiye urushako||ashobora kuguta akigendera cungira hafi.

Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda, umuhanzi Davis D ni we ubaye icyamamare cya mbere kigiye kujya kirindwa n’inkumi z’ibigango.