in

Burya nawe yaravumbaga mu bukwe! Ifoto ya Pamella akiri umwana yagiye  mu bukwe bakamwicazanya n’abandi bana bazengurutse  iparato y’ibiryo ikomeje kwibutsa benshi uko kujya kurya mu bukwe byabaga bimeze

Burya nawe yaravumbaga mu bukwe! Ifoto ya Pamella akiri umwana yagiye  mu bukwe bakamwicazanya n’abandi bana bazengurutse  iparato y’ibiryo ikomeje kwibutsa benshi uko kujya kurya mu bukwe byabaga bimeze. 

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram Pamella yasangije abamukurikira ifoto ye ya kera yagiye mu birori n’abandi bana. 

Iyi foto irimo Pamella n’ inshuti ze abagaragaza babateretse iparato y’ibiryo hagati gusa babimaze, bamwe mu bagiye babona iyi foto bibukijwe byabihe byo kujya kurya mu bukwe.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Barakubeshye we” Umunyamakuru Anita Pendo yendaga gucamo kabiri umuhanzi Bahati waje mu Rwanda ni uko agatangira kunenga ubwiza bw’abakobwa ba Kigali abagereranya n’umugore we

“Abagabo b’abanyafurika barabasha” Mimi Mirage washakanye n’umuzungu agasanga ntakirimo yatakagije abagabo b’abirabura ku ngingo yo kubaka urugo