in

Burya nawe ari kora: Kenny Sol yagaragaye ari kunywa ibisindisha (Amafoto)

Umuhanzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Kenny Sol yagaragaye ari kunywa ibinyobwa bisindisha harimo n’itabi.

Mu mafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga z’uyu muhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda ndetse wamaze kwereka abanya Rwanda ko ari mu bahanzi beza u Rwanda rufite mu myaka iri mbere bitewe n’uburyo afite impano idasanzwe yamugaragaje ari kunywa inzoga zihenze ndetse n’itabi.

Amafoto:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bakiniraga mu za bitanu gusa gusa: Killaman n’umugore we badukanye umukino utakinwa n’abatindi

Babyumvaga batari babibona! Imyitwarire yagaragajwe n’urubyiruko rwasohokeye i Rubavu, ikomeje guteza inkeke