in ,

Burya koko ntabyera ngo de! Umuhanzi Kenny Sol yagaragaye mu ishusho nshya gusa umuntu wamwambitse bamututse ashinjwa ikosa ryatumye Kenny Sol ahabwa amanota make -AMAFOTO

Burya koko ntabyera ngo de! Umuhanzi Kenny Sol yagaragaye mu ishusho nshya gusa umuntu wamwambitse bamututse ashinjwa ikosa ryatumye Kenny Sol ahabwa amanota make.

Icyamamare muri muzika nyarwanda Kenny Sol yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane gusa umwe mu bakunzi be witwa “daft_cl” kuri Instagram ubwo yabonaga aya mafoto yagize ati:”Umusa umukaritasi wakwambitse umukosore, kuko ingofero rwose yagombaga kuba umutuku ubundi ukaba uraduhabije 100% ariko ubu duhabyemo gake nka 50% indi 50% yazambijwe nuwa kwambitse”.

Amafoto:

Bimwe mu byo abakunzi ba Kenny Sol bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru ukora kuri televiziyo irebwa n’abantu benshi camera zamufashe agiye gusoma amakuru yazamuye urutoki rwa musumbazose rusanzwe rusobanuye igitutsi -Videwo

Iyi shampiyona nta dini igira pe! Ikipe ya Newcastle yatsinzwe akavagari k’ibitego n’ikipe ya Everton yari mu murongo utukura