in

Burya koko ibyo abantu bavuga kuri APR FC nibyo! Hamenyekanye amakuru y’uburyo ikipe ya APR FC yamaze gutwara igikombe cya shampiyona y’u Rwanda kandi aribwo igitangira

Burya koko ibyo abantu bavuga kuri APR FC nibyo! Hamenyekanye amakuru y’uburyo ikipe ya APR FC yamaze gutwara igikombe cya shampiyona y’u Rwanda kandi aribwo igitangira.

Umuyobozi w’icyubahiro mu ikipe ya APR FC Lt. Col Richard Karasira yatangaje ko yizeye ko ikipe ya APR FC izatwara igikombe cya shampiyona y’u Rwanda usigaye yitwa Rwanda Premier League ku kigero cyo hejuru y’ijana.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Eddy
Eddy
1 year ago

Ok

Ubuse disi biragenda gute? Diamond Platunmz na Juma Jux bakoranye indirimbo bise “Enjoy” bari mu gahinda kadasanzwe kubera ibintu bitari byiza bakorewe

Baca umugani ngo ‘Akiziritse ku muhoro birangira kawuciye’! Umuhanzikazi Celena Gomez akomeje kwizirika ku mwana abyaye ibyo yamukoreye ntibisanzwe -AMAFOTO