in

Burya icyo uzaba cyo muragendana ifoto y’umunyamakuru Yago akiri umu Agent ucuruza amayinite benshi bakomeje gutangazwa n’uburyo yari ameze icyo gihe

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago ifoto ye yo mu bihe bya mbere ari umu Agent Yavugishije benshi.

Uyu munyamakuru watangiriye umwuga we kuri Radiotv10 akamenyekana nka yago tuzi kuri uyu munsi ifoto ye yasekeje abatari bake.

Kuri ubu uyu munyamakuru Yago yatangaje ko agiye gukora n’ibijyanye n’umuziki kuko yatangaje ko Album ye ya mbere azatangira asohora ubu igiye kurangira ubwo irimo gukorerwa muri country Record iri gukorwaho na Element Eleéeh.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’ubwumvikane bucye ubuyobozi bwa APR FC bwasabye umutoza Mohammed Adil gukosora ibintu bibiri bakongera bakiyunga

Iki gikorwa cyakoze benshi ku mitima, Aline Gahongayire yerekanye umwana Bravan yasize yishyuriye amashuri kugeza arangije kwiga