in

Buri wese arahabwa ibaruwa ye! Urutonde rw’abakinnyi 11 bakubuwe n’umweyo muri APR Fc

Bimaze iminsi bivugwa ko mu ikipe ya APR Fc, hari abakinnyi bazasezererwa, gusa nk’uko iyi kipe ikunda kugira ibanga, igaragaza ibintu ku munota wa nyuma.

Gusa amakuru ahari ni uko muri iyi kipe hari abakinnyi 11 batazakomezanya nayo, kandi ko nabo basannzwe babizi kuko abenshi muri bo bamaze no kuvuga n’amakipe bazerekezamo mu ibanga rikomeye cyane.

Urutonde rw’abakinnyi 11 batazakomezanya na APR FC:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Higanjemo ibyamamare muri Afurika: Reba abakinnyi 11 APR FC igiye kujya ikubitisha andi makipe

Umukobwa yasanze umusore bakundana ari hejuru y’indaya ni uko maze nyamukobwa afatana mu mashati na yo ni uko umusore ahita ajya kwirira kugira ngo aze abakemurire icyarimwe afite akuka(VIDEWO)