in

« Buri wese ansaba gukora ubukwe… sinjye wanze kubyara… » – Amagambo ya King James na Safi Madiba mu ndirimbo nshya ya Zizou Alpacino

Mu masaha make ashize nibwo hagiye hanze indirimbo nshya ya Zizou Alpacino yakoranye na Bruce Melodie, King James, Safi Madiba, Social Mula ndetse na Bulldogg.

Amwe mu magambo yumvikana muri iyi ndirimbo ni aho Safi Madiba avuga ko ahozwa ku nkeke bamubwira ko atabyara, ngo yakoze ubukwe igice gusa avuga ko atariwe wanze ibyiza ndetse ko igihe nikigera ababimubaza bazanywa gusa ku bijyanye n’ubukwe avuga ko kubera ukuntu abona ingo zihora zisenyuka ashaka kwisuganya igihe cyazagera akazabukora.

King James muri iyi ndirimbo aririmbamo amagambo avuga ko Ubanza akuze kuko abantu bose bavuganye bamusaba ko yakora ubukwe gusa akababwira ko bagomba kuba baretse kuko uwitonze akama ishashi babimurekere batazatuma ahubuka.

KANDA HANO WUMVE INDIRIMBO UBANZA NKUZE YA ZIZOU ALPACINO ARI KUMWE NA ALL STARS

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news : APR FC yamaze kongerera amasezerano abakinnyi bayo bakomeye||Menya byinshi bikubiyemo

Rekeraho gukoresha amafaranga kugirango abakobwa bagukunde ahubwo koresha ibi bintu bitandatu.