in

BURERA:Umusore yishe nyirakuru urubozo amuziza imitungo

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu umusore wo mu karere ka BURERA umurenge wa Gahunga yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo kwica nyirakuru.

Uyu nyirakuru babanaga mu nzu imwe yamwishe nyuma y’uko abaturanyi babo bavuze ko bamaze igihe batongana batumvikana ku bijyanye n’imitungo.

Nibwo mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu uyu mukecuru yasanzwe munzu yapfuye uwo muhungu yari abereye nyirakuru ntawuhari.

Kuri ubu uyu muhungu ushyirwa mu majwi n’abaturanyi be icyaha cyo kwica nyirakuru bari kumushinja gishobora ku muhama bitewe n’intonganya bari bamaze iminsi bafitanye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biteye agahinda:Bus yari itwaye abagiye mu bukwe ikoze impanuka hapfiramo n’umugeni

“Byaterwa” Onana yasubije abavuga ko yamaze kubona irangamuntu y’u Rwanda