in

Bugingo Hakim: “Amagambo ya KNC ashyira abakinnyi ba Gasogi United ku gitutu”

Myugariro wa Rayon Sports, Bugingo Hakim, usanzwe ari umwe mu bakinnyi babanje gukinira Gasogi United, yatangaje ko amagambo umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC), akunda kuvuga mbere y’imikino ikomeye ashobora guteza igitutu ku bakinnyi be aho kubafasha kwitwara neza. Bugingo avuga ko aba bakinnyi usanga bibona mu buryo bw’igitutu, cyane iyo bahanganye n’amakipe akomeye nka Rayon Sports.

 

Bugingo yakomeje agira ati, “Gasogi United ni imwe mu makipe akunda kwitegura umukino wa Rayon Sports birenze uko yitegura indi mikino, ariko ku bwanjye nsanga atari ikipe ikwiye kututera ubwoba. N’ubwo aba arwana ku ishema ryayo, dufite ubushobozi bwo kuyitsinda kuko turi Rayon Sports, ikipe ifite amateka n’ubunararibonye mu mupira w’amaguru.”

 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Byanshimishije ko aba basaza bagarutse, ubundi bari baragiye he? KNC yishongoye ku bahoze ari abayobozi ba Rayon Sports bagarutse nyuma y’imyaka 4

Rayon Sports yashimiye abakomeje kuyiba hafi mu bihe bitoroshye irimo