in

Bruce Melody yaryohewe n’amarundi none yiyongeje ikindi gitaramo gihenze

Nyuma y’ibitaramo bibiri yakoreye I Bujumbura Umuhanzi Bruce Melody yongeye guteguza abakunzi be kongera kubonana nawe amaso ku maso.

Kuri uyu wa kabiri hateguwe ikindi gitaramo gikomeye kiri bwitabirwe n’abafite ifaranga ritubutse cyiswe “Meet & Greet.”

Iki gitaramo kirabera mu kabyiniro kitwa P.Club (Bujumbura) aho Kwinjira muri iki gitaramo cy’abifite ni amafaranga ibihumbi 150 by’amarundi ku muntu umwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Rwatubyaye Abdul yahamagawe mu Amavubi kubera ko umunyamakuru yasomye urukweto rwe” Kalinda Emile

Umutoza wa APR FC Adil Mohamed yabwiye rutahizamu we ukomeye gusigara akorera imyitozo mu Intare FC mu gihe abandi bari i Huye