in

Bruce Melodie yaserutse yifubitse ibendera ry’u Rwanda muri Amerika – Amashusho

Bruce Melodie yaserutse yifubitse ibendera ry’u Rwanda muri Amerika. 

Bruce Melodie uri kubarizwa muri Amerika yakoze igitaramo yahuriyemo na Shaggy baherutse gukorana indirimbo “when she’s around”.

Uyu muhanzi Nyarwanda ubwo yari ageze ku rubyiniriro yaserutse afite idarapo ry’u Rwanda. Ndetse uvuze ko ariwe muhanzi wenyine w’Umunyarwanda wabikoze ageze muri Amerika ntiwaba wibeshye.

Bruce Melodie ni umwe mu abanzi bakomeje kuzamura ibendera ry’igihugu. Reba videwo

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yari umukene: Bruce Melodie yeruye avuga igitangaza Imana yamukoreye cyo kumuhuza na Shaggy kandi yarigeze kubura amafaranga amwinjiza mu gitaramo yigeze gukorera i Kigali 

Bruce Melodie yakoreye ibisa nk’ibitangaza muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika -AMASHUSHO