in

Bruce Melodie yanze kwishyura amafaranga ibihumbi 8 none bamutaye hanze ntiwamenya uwari we

Umuhanzi ugezweho mu Rwanda Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie yanze kwishyura ibihumbi 8 none bamutaye hanze ntiwamenya uwari we ku rubuga rwa Twitter.

Kimwe nk’abandi bose banze kwishyura $8 ya buri kwezi kugira ngo babone blue tick yemeza ko iyo konti ikoreshwa na nyirayo.

Bruce Melodie wari usanzwe afite iyo blue tick, yamaze kuyamburwa nyuma yo kutishyira amafaranga asabwa na ba nyirurubuga.

Kuri ubu idasanzwe uzi konti y’uyu muhanzi biragoye kumutandukanya n’abantu bamwiyitirira.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta mikino ihari aha! Ibyamamare byanze kwishyura bituma Twitter nayo ibikiraho amaboko ubu birandagaye

Mukansanga Salima yagaragaje ko azirikana abantu ndetse yerekana n’ubumuntu bwe