in

Intambara y’amagambo irakomeje Bruce Melodie ati: mureke twubake umuziki mureke utwo dutiku twanyu

 

Umuhanzi Bruce Melodie abwiye amagambo akakaye Ddumba wibasiye umuhanzi wo mu gihugu cy’u Burundi Big Fizzo avuga ko afitiye ishyari abana.

Bruce Melodie umaze imyaka itari mike mu muziki avuga ko nta muntu ukwiriye gusuzugura umuntu wa mutanze mu muziki kandi ko Big Fizzo n’abandi bahanzi bageze mbere mu muziki bakwiriye icyubahiro cyabo.

Yagize ati :”Big Fizzo yatangiye umuziki ngewe ntarabona amafaranga yanyinjiza mu gitaramo ke ndetse nabandi bahanzi harimo The Ben na Meddy hamwe Tuff Gang rero nta mpamvu yo kububahuka”.

Melodie yakomeje abwira Ddumba ko bakwiriye kugabanya ubutiku bwabo atazaho bwavuye kuko Fizzo yazamuye imyidagaduru gusa Ddumba we avuga ko Big Fizzo adashyigikira abana bari kuzamuka.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Criss Eazy na Jonior Giti bari mu mazi abira; aba bombi bagomba kwitaba RIB

“Mubwire Bruce Melody ajye agabanya utuyoga twa make” Bruce Melody akomeje kwibasirwa nyuma yo guterana amagambo