in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Bruce Melodie akoreye umuti abamotari bo muri Kigali

Kuri uyu wa 06 Ugushyingo 2021 gahunda abantu benshi bafite hano muri Kigali ndetse n’abari mu nkengero za Kigali ni iyo kujya muri Kigali Arena ahari buze kubera igitaramo cya Bruce Melodie uri bube yizihiza isabukuru y’imyaka 10 amaze mu muziki. Ni igitaramo yise 10 years of Bruce Melodie.

Kuri ubu amakuru mashya atugeraho nuko abamotari bari muri Kigali ndetse n’abari buze kugera kuri Kigali Arena ku isaha ya saa kumi no hejuru yayo bashaka kwinjira mu gitaramo cya Bruce Melodie bari buze kwemererwa kwinjira ku buntu.

Nubwo tubabwiye ko abamotari bari buze kwinjirira ubuntu ariko ni nyuma yuko hamaze kurebwa ko nta Konterevansiyo bafite. Abamotari baraba badafite konterevansiyo nibo bari buze kwemererwa kwinjira ku buntu gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto yo mu bihe bitandukanye ya Ngenzi uherutse kwibasirwa kuri Twitter

Amafoto ya Miss Uwase Muyango (Mama Miguel) yavugishije benshi kuri instagram