in

Breaking: Turahirwa Moses waburanaga ifungwa n’ifungurwa hamenyekanye umwanzuro w’urukiko 

Breaking: Turahirwa Moses waburanaga ifungwa n’ifungurwa hamenyekanye umwanzuro w’urukiko

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko umunyamideri Turahirwa Moses washinze inzu ya ‘Moshions’ afungurwa by’agateganyo.

Aakurikiranwa n’ubutabera ari hanze, hashingiwe ku kuba umwirondoro we uzwi neza kandi atabangamira iperereza.

Moses akurikiranyweho Gukoresha inyandiko mpimbano no gukoresha ibiyobyabwenge.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kicukiro; Umukobwa yapfuye nyuma yo gutera akabariro

Cristiano Ronaldo ntabwo akibukwa pe! Izina Messi ryongeye gukora agashya muri rubanda [Amafoto]