Byemejwe ko Gérard Buscher amaze kuba Technical Director wa Federation y’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Umugabo watoje Nice, CA Bizertin, AS Marsa, CS Hammam-Lif n’ahandi hatandukanye ibi bigaragaza ubunararibonye afite mu mupira w’amaguru
Hari amakuru avuga ko bamushyizeho mu cyumweru gishize ariko bikagirwa ubwiru.
Icyo azafasha ni ugushyiraho umurongo uhamwe wo kuzamura impano zabakiri bato,kandi agafasha abakinnyi b’abanyarwanda kuba bakina kinyamwuga bitari ukwikozayo hanze bakagaruka.