in

Breaking news:Bidasubirwaho FERWAFA yashyizeho umuyobozi wa Tekinike mushya

Byemejwe ko Gérard Buscher amaze kuba Technical Director wa Federation y’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Umugabo watoje Nice, CA Bizertin, AS Marsa, CS Hammam-Lif n’ahandi hatandukanye ibi bigaragaza ubunararibonye afite mu mupira w’amaguru

Hari amakuru avuga ko bamushyizeho mu cyumweru gishize ariko bikagirwa ubwiru.

Icyo azafasha ni ugushyiraho umurongo uhamwe wo kuzamura impano zabakiri bato,kandi agafasha abakinnyi b’abanyarwanda kuba bakina kinyamwuga bitari ukwikozayo hanze bakagaruka.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news:Amavubi ahawe ibyo yasabaga ngo atange umusaruro ufatika

Umunwa ku wundi: Umuhanzi Davis d akomeje kugirana ibihe byiza n’umukunzi we (video)