in

Breaking news:Amavubi ahawe ibyo yasabaga ngo atange umusaruro ufatika

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo gutaka imikino yagicuti ubu bamushyize igorora bamuhaye ibyo yasabaga.

Amavubi yacu azakina umukino wa gicuti mu byumweru bibiri na Equatorial Guinea muri Morocco,Iyi kipe iri ku mwanya wa 98 ku rutonde rwa FIFA, u Rwanda ni u rw’i 136 ibi bizadufasha kwitegura neza.

Ibi bifasha abakinnyi kumenyerana kuburyo bufatika bitanga umuzaruro ugaragara ,kuko ibi bizatuma umutoza yitegura neza arasabwa kujya mu gikombe cya Africa duherukamo muri 2004.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kicukiro: Umugabo yasanzwe muri lodge yapfuye nyuma yo kuzana n’inkumi kwinezeza

Breaking news:Bidasubirwaho FERWAFA yashyizeho umuyobozi wa Tekinike mushya