Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi nyuma yo gutaka imikino yagicuti ubu bamushyize igorora bamuhaye ibyo yasabaga.
Amavubi yacu azakina umukino wa gicuti mu byumweru bibiri na Equatorial Guinea muri Morocco,Iyi kipe iri ku mwanya wa 98 ku rutonde rwa FIFA, u Rwanda ni u rw’i 136 ibi bizadufasha kwitegura neza.
Ibi bifasha abakinnyi kumenyerana kuburyo bufatika bitanga umuzaruro ugaragara ,kuko ibi bizatuma umutoza yitegura neza arasabwa kujya mu gikombe cya Africa duherukamo muri 2004.