in

Breaking news: Umuzamu uri mu bakomeye mu Rwanda yasinye mu ikipe yo hanze

Bwanakweli Emmanuel wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda arimo Police FC , Kiyovu sport ndetse na Sunrise avuyemo yerekeza hanze y’u Rwanda.

Bwanakweli yamaze gusinyira City of Rusaka amasezerano y’umwaka umwe abifashijwemo n’umutoza Albert Mphande watozaga iyi kipe wanamutoje muri Police FC, yari amaze igihe yitozanya n’iyi kipe.

Iyi kipe byafuzwe ko yazamutse mu cyiciro cya mbere gusa yagumye mu cya kabiri aho ikomeje kwiyubaka kugirango izamuke.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Davis d yasabye abafana gufata umunota wo kwibuka Yvan Buravan (video)

“Yadusabye kuvuga urukundo rwa kristu “NGAGA wabanye na Buravan muri korali kingdom of God yahishuye byinshi kuri we (video)