in

Breaking news: umunyamabanga mukuru wa FERWAFA ahagaritswe ku nshingano ze

Umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, Muhire Henri Brulart yahagaritswe ku nshingano ze aho bivugwa ko ari ku mpamvu zamakosa yakoze ndetse akaba atabasha gusobanura ibyo yabazwaga ku nshingano yari afite .Mu itangazo ryashyizwe hanze na FERWAFA kuri Twitter rivuga ko uyu mugabo yahise asimburwa na Delphine Uwanyiligira wari Komiseri wibijyanye n’amategeko mu buryo bw’agateganyo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

”Umugabo wanjye yankuyemo ijisho anca ukuboko ngo mwite Imana….”inkuru ibabaje y’umugore

Rwanda:Umugabo wari umukene cyane agizwe umuherwe ahabwa imodoka ihenze n’inzu y’akataraboneka(video)